- Ibibanza Bigurishwa
- Posts
- Ikibanza Kigurishwa Macye Muri Kigali Kinyinya Rwankuba
Ikibanza Kigurishwa Macye Muri Kigali Kinyinya Rwankuba
Ikibanza Kigurishwai Kinyinya Rwankuba
Ikibanza Kigurishwa Macye Muri Kigali Kinyinya Rwankuba
Ikibanza gifite metero 15M x 20M giherereye Kinyinya_Rwankuba, Kigali.Ushobora guhindura indoto zawe zo kubaka inzu muri kigali bikaba impamo.
Tekereza ejoheza hawe utuye murwanda rwimisozi igihumbi, ahantu heza cyane ho guturwa mugace ka Kinyinya-Rwankuba kandi hagari hafite 15m kuri 20m zubugari.

ikibanza kigurishwa kigali
Ushobora guhita wibaza amafaranga Kigura?
Usobora kutabyumva neza ndamutse nkubwiye ko ubungubu kumafaranga yose waba ufite guhera kubihumbi magana atanu (500K) ushobora kubona ikibanza muriki gihugu cyacyu kimisozi igihumbi.
Iki kibanza rero mureba aho haraguru giherereye kininya-rwankuba kikaba kiri kugurishwa 5.5M Rwf gusa ibiciro bishobora kugenda bihinduka akaba ariyompamvu tubasaba kujya musura urubuga rwacu Ikibanza.com kugirango amakuru yose ndetse nubufasha bwihuse mububonere kugihe kd muburyo bwihuse
Bishoboka Bite Kubona Ikibanza Kuri 500K Gusa:
Nkatwe abahagarariye urubuga rwa Ikibanza.com akazi kacu kaburumunsi nugufasha abanyarwanda ndetse nabanyamahanga bifuza kugura ubutaka murwanda cyane cyane muri Kigali, Bugerera (Hafi y’ikibuga kindege), muhazi, musanze ndetse nahandi hatandukanye badahenzwe kd tukabasha mukubona ibyangmbwa by’ubutaka mugihe gito.

Niba wumva nawe ushaka kugira ahantu wita ahawe(Ubutaka) bukwanditseho murikigihugu cy’u Rwanda.
Witinda kuko ubutaka nabwo bwiyongera kuriyisi ahubwo ubwo umuntu atinda kugira ubwe niko abandi babutwara bityo mugihe kirimbere bikarushaho kumuhenda kugirango abugurure.

Mugihe iki kibanza kikigurishwa kuri 5.5M, Namahirwe adasanzwe yo kubona ahantu heza muri Kigali ho gutura mumiturire yemewe na Leta.
Gusa nawe utifuza gutura muri Kigali Kinyinya-Rwankuba ahubwo ukaba ushaka kwiturira munkengero zumujyi wa kigali, “ikibanza.com” duhari kubafasha kd mugihe kitarambiranye ukaba wabonye ahantu heza hakunogeye kd hadasaba guca umufuka wipantaro yawe kugirango ubashe kuhagura.
Mumagambo macye, Niba iki Kibanza giherereye Kigali’s Kinyinya-Rwankuba wahakunze.
Namahirwe akomeye yo gutura ahantu heza mumiturire kd hakunogeye. Ushobora kutwandiri kuri Whatsapp yacu ubona unyuze kurubuga rwacu Ikibanza.com ubundi ukaba wanaduha igitekerezo cyangwase ikindi kibazo cyose ushaka kutubaza.
……………………………………………